Nkuko bimaze kumvinaka kuri Radiyo Itahuka, umuhanzi Kizito Mihigo ntawe uzi aho aherereye kugeza ubu

Kizito-Igisobanuro-cyurupfu-2

 

Nkuko bimaze kumvikana kuri Radiyo Itahuka ngo kugeza ubu ntawuzi aho umuhanzi Kizito Mihigo yaba aherereye kuko ngo na telephone ye igendanwa mu ntoki atari kuyisubiza. Ikindi kizwi nuko ngo Kizito umunsi byari bitekanijwe ko aririmbaho muri ino minsi yicyunamo ntiyabonetse ngo aririmbe.

 

Twizere rero ko Kizito Mihigo ari muzima kandi nicyo tumwifurije. Uwaba abafite amakuru yaho Kizito Mihigo ari yabwira abakunzi be kuko ubu turahangayitse. Kandi rero aramutse yarahunze igihugu twamwifuriza kugera aho azahitamo guhungira mu mahoro. Naho Kagame na DMI ye baramutse aribo bamufite twabamenyesha ko kwaba ari ukwiterenya n’ abanyarwanda.

 

About Chris Kamo

Great Lakes Post is a news aggregation website run by Chris Kamo and the site consists of links to stories for from all over the world about life and current events .

View all posts by Chris Kamo